Skip to main content
  

Fodey Security yahagaritswe gukorera mu Rwanda


 
Fodey Security yahagaritswe gukorera mu Rwanda

Sosiyete yigenga ikora ibyo gucungira ababishoboye umutekano, izwi nka ya Fodey Security, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Ugushyingo 2013, yahagaritswe gukorera ibikorwa byayo byo gucunga umutekano ku butaka bw’u Rwanda, inasabirwa gufatirirwa imitungo.
Ihagarikwa ry’iyi sosiyete ryatangajwe na Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Musa Fazil Harerimana, ubwo yitabaga inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Kabiri ngo asobanure ibijyanye n’itegeko rizagenga amasosiyete yigenga akora ibijyanye no gucunga umutekano mu Rwanda.
Minisitiri Harerimana yagize ati : “Ubu tuvugana Fodey twayihagaritse, ndetse hari n’umuntu wayo turimo gukurikirana vuba vuba. Twatanze impapuro ku Isi hose ngo abe yafatwa.”
Imbere y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ntabwo Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Musa Fazil Harerimana, yabitinzeho, ndetse n’umwe mu bayobozi bayo barimo gushakishwa ntabwo amazina ye aramenyekana.
Aganira n’abanyamakuru, Eddie Sebera, umuyobozi w’ishyirahamwe ry’amasosiyete yigenga akora ibikorwa byo kurinda umutekano mu Rwanda, yavuze ko babwiwe ko Fodey Security yahagaritswe kubera ko hari bimwe mubyo Fodey itujuje mu byo Polisi isaba kuri izi sosiyete zicunga umutekano.
Ubu aho iyi sosiyete yakoreraga ibikorwa byo gucunga umutekano hashyizwe abandi bakozi b’andi masosiyete ashinzwe gucunga umutekano.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Damas Gatare, we yatangarije Radiyo KFM ko akomeje gukurikirana ibya Fodey Security, nyuma akaza gutangaza bimwe mu byatumye Fodey Security ihagarikwa.
Usibye mu Rwanda Fodey Security, isanzwe ikorera muri Uganda mu Burundi, Kenya, Ethiopia ndetse na Tanzania.

Comments

Popular posts from this blog

Kwita Izina: Who are the namers for 2022?

This year marks the 18th edition of Kwita Izina, a ceremony that marks the naming of new born babies. Held in Kinigi at the foothills of Volcanoes National Park, the namers will join communities living around Volcanoes National Park, the home of the endangered mountain gorillas, as well as rangers, trackers, researchers and friends from around the world to celebrate nature and conservation. The 20 baby gorillas to be named this year are members of the Noheli, Musilikali, Ntambara, Mutobo, Igisha, Susa, Kureba, Pablo, Sabyinyo, Muhoza, Amahoro, and Hirwa families. The Prince of Wales (virtually) Charles, Prince of Wales, is the heir apparent to the British throne as the eldest son of Queen Elizabeth II and Prince Philip, Duke of Edinburgh. He has been heir apparent as well as Duke of Cornwall and Duke of Rothesay since 1952 and is both the oldest and the longest-serving heir apparent in British history. He was last in Rwanda in June this year where he had come to attend the Commonwealth...

Meet SOS mother Nikuze who won the Helmet Kutin award

  Nikuze Adrolata, a committed woman who spent 29 years at SOS Children’s Village Gikongoro in Nyamagabe District caring for vulnerable children who lost parental care, has received Helmet Kutin award. The Helmut Kutin Award recognizes extraordinary performances of SOS Children’s Villages co-workers who care for vulnerable children and have laid the foundation for them to have an independent future in 136 countries where the organization operates. SOS mothers like Nikuze live with children in a family house in SOS Children’s Villages where they support the children’s individual needs and establish strong bonds with them like a biological mother. Nikuze never got married and devoted her life to caring for vulnerable children until today. She was selected after successfully completing comprehensive six-month training on child protection and alternative care for children who lost parental care. So far Nikuze has cared for 53 children since 1992 when she joined SOS Children’s Village G...

No enemy of our neighbours will operate on Rwandan soil – Kagame

  Anyone who wants to destabilise Rwanda’s neighbours will never be allowed to operate in Rwanda, President Paul Kagame has said. He made the remarks in Rusizi District on August 26 while addressing over 400 opinion leaders from Western Province where he also spoke at length about security issues and development. Security remains our top priority because if there is no security nothing can be done, he said. "The way we want to live in harmony in our country is the same way we want to get along with our neighbours...so that everyone can be safe and able to do what they want to do,” he said. Kagame has since on Thursday been  on a four-day tour  in Western and Southern provinces where he met residents, opinion leaders, and toured different development projects. "I want to add that Rwandans, be it those who live here in Rusizi and all those who live along other border areas; it is important that we find ways to live well with our neighbours. There will not be anyone who want...