Skip to main content


 Kwiga kaminuza igihe gito ntibizagabanya agaciro k’impamyabumenyi; Dr Vincent BIRUTA
Abavuga ko kugabanya imyaka yo kwiga kaminuza ikaba itatu aho kuba ine nk’ibyari bisanzwe baribeshya kuko bazakomeza kwiga amasomo yari asanzwe yigwa mumyaka ine.
 http://www.mineduc.gov.rw/IMG/jpg/DSC03642.jpg
Minisitiri w, uburezi Dr Vincent BIRUTA
Mukiganiro  yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu tarik 13 Werurwe 2013 , Minisitiri w,uburezi  Dr  V incent  BIRUTA yavuze ko  mu rwego rwo kuzamura  ireme ry,uburezi mu Rwanda  no guteza imbere uburezi bugera kuri bose ;myaka  yo kwiga kaminuza yagabanijwe ikava kuri ine ikaba itatu. Aha Minisitiri akaba yasobanuye ko iri gabanya ry’igihe umuntu amara yiga kaminuza ritazagabanya agaciro k’impamyabumenyi cyangwa impamyabushobozi   nk’uko bamwe babyibaza. Yasobanuye ko amasomo yari asanzwe yigwa mu gihe cy, imyaka ine ariyo azakomeza kwigwa kuko icyagabanyijwe atari amasomo ahubwo ari igihe.
Minisitiri kandi  yakomeje asobanura ko iri gabanywa  ry’imyaka umuntu amara muri kaminuza rizafasha mu kugabanya ikiguzi cyo kwiga kaminuza bityo bikazatuma umubare w’abiga muri kaminuza wiyongera.Ibi ngo bizatuma amafaranga agera kuri 1,250,000 leta yatangiraga umunyeshuri wiga  amasomo  y’ubumenyi (siyansi) ndetse n’agera ku  950,000 yatangirwaga abiga ibindi agabanuka  agere ku 830,000 y’u Rwanda. Bityo rero ngo iri gabanuka rizatuma umubare w’abiga kaminuza wiyongera.
Iyi gahunda y’igabanuka ry’imyaka umuntu amara muri kaminuza ikaba izatangirana na gahunda ya kaminuza imwe izaba igizwe n’amashuri (colleges) atandatu nayo azaba afite amashami (schools) 17 muri Nzeli uyu mwaka w’2013.Nk’uko byemejwe n’inama y’abaminisitiri.
Iyi kaminuza nijyaho ikaba izakemura ibibazo byinshi bijyanye n’ireme ry’uburezi; imicungire y’abakozi n’ibigo bitandukanye bya kaminuza.
Kaminuza imwe ikazatuma kandi u Rwanda ruhangana mu ruhando rw’izindi kaminuza zo mu karere ndetse no ku isi hose.Ndetse n’abayisohotsemo nyuma y’iyi myaka itatu bakaba bashoboye guhangana ku isoko mpuzamahanga ry’umurimo.

Comments

Popular posts from this blog

Kwita Izina: Who are the namers for 2022?

This year marks the 18th edition of Kwita Izina, a ceremony that marks the naming of new born babies. Held in Kinigi at the foothills of Volcanoes National Park, the namers will join communities living around Volcanoes National Park, the home of the endangered mountain gorillas, as well as rangers, trackers, researchers and friends from around the world to celebrate nature and conservation. The 20 baby gorillas to be named this year are members of the Noheli, Musilikali, Ntambara, Mutobo, Igisha, Susa, Kureba, Pablo, Sabyinyo, Muhoza, Amahoro, and Hirwa families. The Prince of Wales (virtually) Charles, Prince of Wales, is the heir apparent to the British throne as the eldest son of Queen Elizabeth II and Prince Philip, Duke of Edinburgh. He has been heir apparent as well as Duke of Cornwall and Duke of Rothesay since 1952 and is both the oldest and the longest-serving heir apparent in British history. He was last in Rwanda in June this year where he had come to attend the Commonwealth...

Meet SOS mother Nikuze who won the Helmet Kutin award

  Nikuze Adrolata, a committed woman who spent 29 years at SOS Children’s Village Gikongoro in Nyamagabe District caring for vulnerable children who lost parental care, has received Helmet Kutin award. The Helmut Kutin Award recognizes extraordinary performances of SOS Children’s Villages co-workers who care for vulnerable children and have laid the foundation for them to have an independent future in 136 countries where the organization operates. SOS mothers like Nikuze live with children in a family house in SOS Children’s Villages where they support the children’s individual needs and establish strong bonds with them like a biological mother. Nikuze never got married and devoted her life to caring for vulnerable children until today. She was selected after successfully completing comprehensive six-month training on child protection and alternative care for children who lost parental care. So far Nikuze has cared for 53 children since 1992 when she joined SOS Children’s Village G...

No enemy of our neighbours will operate on Rwandan soil – Kagame

  Anyone who wants to destabilise Rwanda’s neighbours will never be allowed to operate in Rwanda, President Paul Kagame has said. He made the remarks in Rusizi District on August 26 while addressing over 400 opinion leaders from Western Province where he also spoke at length about security issues and development. Security remains our top priority because if there is no security nothing can be done, he said. "The way we want to live in harmony in our country is the same way we want to get along with our neighbours...so that everyone can be safe and able to do what they want to do,” he said. Kagame has since on Thursday been  on a four-day tour  in Western and Southern provinces where he met residents, opinion leaders, and toured different development projects. "I want to add that Rwandans, be it those who live here in Rusizi and all those who live along other border areas; it is important that we find ways to live well with our neighbours. There will not be anyone who want...